Umujyi wa Kigali washimiye abanyamakuru uruhare bagira mu kugeza ku baturage gahunda z’Umujyi.
Kuri uyu wa Gatatu tariki 21 Mutarama 2026, Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwagiranye ikiganiro n’abanyamakuru ku ngingo zitandukanye zigaruka ku buzima bwa #KigaliYacu.
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Dusengiyumva Samuel, yashimiye abanyamakuru muri rusange ku ruhare bagira mu kugeza ku baturage gahunda z’Umujyi.
Umujyi ufite intego nkuru eshatu:
Yagarutse kandi ku mishinga migari iteganyijwe muri #KigaliYacu:
Mu bindi, Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yasabye abanyamakuru:
Umuyobozi w’Umujyi yashimiye kandi abanyamakuru uruhare bagize mu migendekere myiza y’ibitaramo bisoza umwaka kandi yizeza ko ku bufatanye n’abikorera hari byinshi biteganyijwe mu minsi iri imbere