Itangiriro - Turi bande - Mutugane   

Andikamo ijambo ryo gushakisha  

> ITANGAZO KU BYANGOBWA BY’UBUTAKA MU MUJYI WA KIGALI
Soma
> Amanota y’abakoze ikizamini cy’akazi mu Kigali Employment Service Centre
Soma
> Amazina y’atsinze icyiciro cya mbere y’ibizamini by’aba "Urban Planner"
Soma
> Amazina y’abasabye akazi mu Mujyi wa Kigali nyuma y’ijonjora
Soma

Itangiriro Amakuru n’ibyabaye
Amakuru n’ibyabaye

Mu Mujyi wa Kigali hatangijwe gahunda yo gusaba icyangombwa cyo kubaka (Auto batir) hakoreshejwe ikoranabuhanga
Minisitiri w’Ibikorwa Remezo Prof. Silas Lwakabamba n’Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Bwana Ndayisaba Fidele mu muhango wo gutangiza ku mugaragaro gahunda yo gusaba no kwemeza ibyangobwa byo kubaka hakoreshejwe (...)
>>Soma

Igishushanyo mbonera cy’Umujyi wa Kigali mu kugibwaho inama
Abitabiriye inama Mu gihe igishushanyo mbonera kiri kunozwa, abafite ubwubatsi mu nshingano zabo bari kurushaho kugisobanurirwa kugira ngo bizabafashe mu ishyirwa mu bikorwa ryacyo. Kuri uyu wa Kane, tariki ya 25 (...)
>>Soma

Abatuye ahahanamye kwimuka mbere y’itumba
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Ndayisaba Fidele Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali n’abayobozi b’Uturere dutatu tuwugize; bagiranye ikiganiro n’abanyamakuru; aho babasobanuriye ibijyanye no kwimurwa kw’abantu batuye mu duce (...)
>>Soma

Umujyi wa Kigali washyizeho uburyo bushya bwo gutanga ibyangombwa byo kubaka
Umujyi wa Kigali washyizeho ingamba zogutanga ibyangombwa byo kubaka mu buryo bwihuse kandi bworohereye abashoramari. Kubona ibyangombwa byo kubaka mu mujyi wa Kigali mu bihe bya shize cyari kimwe mu bikorwa (...)
>>Soma

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu yasuye serivise zitanga ibyangombwa byo kubaka mu Mujyi wa Kigali
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Bwana Musoni James (ibumoso) agazwaho ibikorwa bya Servisi itanga ibyamgobwa byo kubaka mu Mujyi wa Kigali Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Bwana Musoni James kuruyu wa gatatu (...)
>>Soma

Hatangijwe gahunda yo gushyira numero ku nyubako mu Mujyi wa Kigali
Minisitiri w’ibikorwa remezo Prof Silas Lwakabamba amaze gutangiza igikorwa cyo gushyira inumero ku mazu Nyuma yo gushyira amazina y’imihanda ku byapa hakurikiyeho igikorwa cyo gushyira inumero ku nyubako zose zikora (...)
>>Soma

Amahugurwa y’abashinzwe imibereho myiza y’Abaturage
Kuva ibumoso: Umuyobozi Mukuru w’Imirimo muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu Tumushime Francine, Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Imibereho Myiza y’Abarurage Alvera Mukabaramba, Umuyobozi w’Umujyi wungirije ushinzwe (...)
>>Soma

Umujyi wa Kigali mugushyiraho Ikigo cyizajya gifasha abantu gushaka akazi
Umuyobozi w’Umujyi wungirije Hope Tumukunde, Umuyobozi Mukuru w’Imirimo muri MIFOTRA Anna Mugabo, Umuyobozi Mukuru w’Imirimo Ndacyengerwa Aimable Mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’ubushomeri, Kuri uyu wa kabiri, (...)
>>Soma

Umujyi wa Kigali watangiye gusakaza Televiziyo na Interineti mu mirenge y’icyaro
Minisitiri w’Urubyiruko n’Ikoranabuhanga Nsengimana Jean Philebert areba zamudasobwa zashyizwe mu byumba bya Televiziyo Umujyi wa Kigali watangije igikorwa giterwa inkunga na TIGO kikaba cyari kimaze igihe (...)
>>Soma

Imiyoborere Myiza y’Umujyi wa Kigali n’urugero rwiza ku nzego z’ibanze muri Sudani y’Amajyepfo
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yakira intumwa ziturutse muri Sudani y’Amajyepfo Umujyi wa Kigali uzwi ku ruhando mpuzamahanga nk’umujyi ucyeye kandi ufite isuku, ndetse Umujyi wa Kigali ukaba unateye imbere mu gihe gito (...)
>>Soma

Hatangijwe gahunda y’ikoranabuhanga “e-mboni” mu Mujyi wa Kigali
Ikigo cy’Igihugu cy’iterambere RDB na Minisiteri y’urubyiruko n’ikoranabuhanga mu isakazabumenyi batangije ku mugaragaro ku rwego rw’Igihugu gahunda y’ikoranabuhanga “e-mboni”, yatangiriye mu Mujyi wa Kigali izafasha mu (...)
>>Soma

Inteko y’Umujyi wa Kigali yarateranye
Minisitiri Musoni James ayobora Inteko y’Umujyi wa Kigali Kuri iki cyumweru Inteko y’Umujyi wa Kigali yateraniye kuri Satade nto ya Remera. Inama yari iyobowe na Minsitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Musoni James, yari (...)
>>Soma

MTN Rwanda yateye inkunga abangirijwe n’imvura mu Mujyi wa Kigali
Umyobozi wa MTN Rwanda Bwana Khaled Mikkawi (uwa mbere ibumoso) ashyikiriza amabati Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Bwana Ndayisaba Fidele (uwa kabiri ibumoso) ari kumwe n’abayobozi b’Uturere Isosiyete y’itumanaho ya (...)
>>Soma

KOMITE Y’UMUTEKANO Y’UMUJYI WA KIGALI YAHAGURUKIYE ABAKWIZA URUSAKU RUBANGAMIRA ABATURANYI
Komite y’Umutekano y’Umujyi wa Kigali yaguye kugeza ku Banyamabanga Nshingwabikorwa b’Imirenge yateraniye ku kicaro cy’Umujyi wa Kigali tariki ya 04/02/2013 iyobowe n’Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Bwana Ndayisaba Fidèle (...)
>>Soma

UBUTUMWA BUGENEWE ABATURAGE KU GIKORWA CYO KWITA IMIHANDA AMAZINA N’ISHYIRWAHO RYA NUMERO ZIRANGA INYUBAKO
Icyapa kiriho izina ry’Umuhanda mu karere ka Gasabo Mu rwego rwo kworohereza abantu kuyoboka no kuyobora ababagana mu Mujyi wa Kigali, harimo kurangizwa igikorwa cyo gushyiraho ibyapa by’amazina y’imihanda mu gice (...)
>>Soma

Umujyi wa Kigali mu gukemura ikibazo cy’ivumbi n’icyondo
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Bwana Ndayisaba Fidele Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Fidèle Ndayisaba, avuga ko ubu umujyi uri mu rugamba rwo kubungabunga ibidukikije rujyanye no gutera ibiti n’ ibyatsi ( Greening). Ati (...)
>>Soma

Hagezuwe isuku mu Mujyi wa Kigali
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Bwana Fidele Ndayisaba (ibumoso) hamwe n’Umuyobozi w’Akarere ka Kicukiro (iburyo) bagenzura isuku Kuri uyu wa gatatu Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali buri hamwe n’abayobozi b’Uturere tuwugiza (...)
>>Soma

Abamotari bahutaza abanyamaguru bagiye gukanirwa urubakwiye
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Bwana Ndayisaba Fidele aganira n’abamotari Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Fidele ndayisaba, yatangaje ko umumotari ugonze umunyamaguru yibereye mu nzira ye , umumotari ahanwa kabiri, kuko (...)
>>Soma

Perezida Kagame yagaragaje uko igihugu gihagaze
Mu Ngoro y’Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda, ku wa mbere tariki ya 31 Ukuboza 2012 Perezida Paul Kagame yagejeje ijambo ku Banyarwanda ribasobanurira uko igihugu gihagaze mu nzego zitandukanye anabifuriza umwaka (...)
>>Soma

IMYANZURO Y’INAMA YA KOMITE Y’UMUTEKANO Y’UMUJYI WA KIGALI YATERANYE KU WA GATANU TARIKI YA 21/12/2012
Inama ya Komite y’Umutekano yaguye y’Umujyi wa Kigali yateranye kuri uyu wa gatanu tariki ya 21/12/2012 iyobowe n’Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Bwana NDAYISABA Fidele. Inama ya Komite y’Umutekano y’Umujyi wa Kigali (...)
>>Soma

Ihuriro ry’urubyiruko mu mujyi wa Kigali ryatanze inka n’inkoko zo kuzamura imfubyi za jenoside
Ihuriro ry’urubyiruko rwo mu mujyi wa Kigali ryashyikirije abana b’imfubyi za jenoside inkunga y’inkoko zihwanye n’amafaranga ibihumbi 600 kuri iyi tariki ya 16 Nzeri 2012. Abo bana bahawe izo nkoko batuye mu Karere ka (...)
>>Soma

Umujyi wa Kigali wa muritse ibyowagezeho
Abitabiriye umuhango wo kumurika ibikorwa Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bwatangaje ko bwageze kuri byinshi mu mwaka ushize, birimo imihanda yashyizwemo kaburimbo igera ku birometero 18, n’amatara amurikira umujyi ku (...)
>>Soma

AS Kigali y’Abagore yashyikirijwe igikombe cya Shampiyona
Abayobozi b’Umujyi wa Kigali n’abakinyi ba AS Kigali bakira igikombe Kuri uyu wa 17 Kanama 2012, nibwo ikipe y’umupira w’amaguru AS Kigali y’abagore yashyikirijwe igikombe cya Shampiyona cy’umwaka w’imikino ushije (...)
>>Soma

Urugendo rwo kwamagana ihohoterwa ryo hanze y’ingo mu Mujyi wa Kigali
Abitabiriye urugendo Abagore n’abakobwa bamaganye ihohoterwa ribakorerwa hanze y’ingo, mu rugendo bakoze baturutse ku Kicaro cya Polisi kiri ku Muhima berekeza kuri Maison de Jeune Kimisagara, kuri uyu wa Gatanu (...)
>>Soma

Itangazo ry’imyanzuro y’Inama Njyanama y’Umujyi wa Kigali yabaye tariki ya 12/08/2012
Itangazo ry’imyanzuro y’Inama Njyanama y’Umujyi wa Kigali yabaye tariki ya 12/08/2012 Inama Njyanama y’Umujyi wa Kigali yateranye ku cyumweru tariki ya 12/08/2012: Yishimiye ibyagezweho mu Mujyi wa Kigali mu mwaka wa (...)
>>Soma

Abajyanama b’Umujyi wa Kigali biyemeje gutanga umusanzu ungana na miliyoni 1 mu ‘Agaciro Development fund’
Mu nama Njyanama y’Umujyi wa Kigali yateranye tariki ya 12/08/2012, Abajyanama b’Umujyi wa Kigali biyemeje gutanga umusanzu ungana na 1,000,000 frws mu kigega cya ‘Agaciro Development Fund’. Uyu munsanzu biyemeje (...)
>>Soma

“Nti byemewe guca abaturage amafaranga atajyanye na serivise baje kwaka”-Ministiri Musoni James
Minisitiri Musoni James Kuri iki Cyumweru tariki ya 12/08/2012, Ministiriti w’Ubutegetsi bw’igihugu Bwana Musoni James yibukije ko bitemewe guca abaturage amafaranga atajyanye na servise baba baje kwaka mu buyobozi. (...)
>>Soma

Umuyobozi w’umujyi wa Kigali yifatanyije n’abaturage gukora siporo ngaruka kwezi
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali (uwa gatatu iburyo) yitabiye siporo n’abaturage b’Umurenge wa Kanyinya Umuyobozi w’umujyi wa Kigali hamwe n’umuyobozi w’Akarere ka Nyarugenge, bifatanije n’abaturage mu gikorwa cyo gukora (...)
>>Soma

Inama Njyanama yasuye urwibitso rwa Bisesero
Inama Njyanama y’Umujyi wa Kigali yasuye urwibutso rwa Bisesero. Aya n’amafoto y’iki gikorwa: Umuyobozi w’Inama Njyanama Dr. Sebashongore Dieudonne ashyira indabyo ku masanduka abitse imibiri y’abazize Jenoside (...)
>>Soma

Gutwara abantu mu Mujyi wa Kigali byahinduye isura
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Bwana Ndayisaba Fidele (iburyo) aganira n’umwe mubakora umwuga wa transport mu Mujyi wa Kigali Ikigo cy’Igihugu Ngenzuramikorere (RURA), Umujyi wa Kigali, Polisi y’igihugu, n’Abatwara (...)
>>Soma

Icyunamo kitubere igihe cy’umwihariko wo kuzirikana no gushimangira ubumwe bw’Abanyarwanda- Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Bwana Ndayisaba Fidele yakanguriye abanyakigali ko Icyunamo cyababera igihe cy’umwihariko wo kuzirikana no gushimangira ubumwe bw’Abanyarwanda. Ibi yabivuze mu gihe yatangaga ijambo (...)
>>Soma

UBUTUMWA BW’UMUYOBOZI W’UMUJYI WA KIGALI KU MUNSI WO GUTANGIZA ICYUNAMO
Umujyi wa Kigali uributsa abawutuye bose ko tariki ya 07 Mata 2012 ari umunsi wo gutangiza icyunamo mu Gihugu hose, ku rwego rw’Igihugu icyo gikorwa kibera kuri Sitade Amahoro. Igihe cy’icyunamo ni igihe (...)
>>Soma

Gukosora bimwe mu byatangajwe ku nkuru y’isoko rishya rya Nyarugenge
Ibitangazamakuru bitandukanye bya tangaje ko ba nyir’isoko rishya rya Nyarugenge (Kigali Investment Company) bandikiye Akarere ka Nyarugenge basaba permi d’occupation ariko ntibasubizwa. Ba nyir’inyubako bandikiye (...)
>>Soma

ITANGAZO RY’INAMA YA KOMITE Y’UMUTEKANO Y’UMUJYI WA KIGALI YATERANYE KU WA GATANU TARIKI YA 30/03/2012
Inama ya Komite y’Umutekano yaguye y’Umujyi wa Kigali yateranye kuri uyu WAGATANU tariki ya 30/03/2012 ku kicaro cy’Umujyi wa Kigali. Inama yari iyobowe n’Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Bwana Fidele NDAYISABA. Inama (...)
>>Soma

Icyumweru cy’Agaseke cyashojwe
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali atanga ijambo ryo gusoza icyumweru cy’Agaseke Uyu munsi icyumweru cyitiriwe Agaseke mu Mujyi wa Kigali cyasojwe. Mu muhanga wo gusoza wabereye kuri stade Amahoro I Remera waranzwe no (...)
>>Soma

Umujyi wa Kigali wasiye amasezerano y’inkunga y’umushinga ugamije gukoresha ikoranabuhanga mu gutanga ibyangombwa byo kubaka
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali (ibumoso) ari hamwe n’uhagarariye Banki y’Isi Bwana Pierre Gislain nyuma yo gusinya Umujyi wa Kigali wasinyanye amasezerano y’inkunga na Banki y’isi, biciye mu mu muryango mpuzamahanga (...)
>>Soma

Inama Njyanama y’Umujyi wa Kigali yijihije umwaka umwe imaze itowe
Umuyobozi w’Inama Njyanama Dr. Sebashongore Dieudonne atanga ijambo Kigali, 09/03/2012, Ejo ku wa kane Inama Njyanama y’Umujyi wa Kigali yijihije umwaka umwe imaze itowe. Mu muhango wabereye kuri Hotel Lemigo (...)
>>Soma

Hashyizweho ingamba nshya zo gukoresha akanozasuku
Ku wa mbere ku kicaro cy’Umujyi wa Kigali, Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali, Police y’Igihugu hamwe na RURA bwahuye n’Abayobozi b’Amashyirahamwe na Koperative z’abatwara abantu kuri tagisi moto. Inama yari igamije gushyira (...)
>>Soma

Hatangijwe gahunda yo gukangurira abanyeshuri isuku mu Mujyi wa Kigali
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali aganira n’abayeshuri ba EPA Muri iki gitondo mu mashuri abanza 22 yo mu Karere ka Nyarugenge, Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangije gahunda yo gukangurira abanyeshuli n’abarezi gahunda (...)
>>Soma

Hatangijwe ikorwa ry’ibishushanyo mbonera byihariye bya Kicukiro na Gasabo
Ku wa gatanu ku kicaro cy’ibiro bishinzwe Imiturire mu Mujyi wa Kigali hatangijwe igikorwa cyo gutunganya ibishushanyombonera byihariye (detailed physcal plans) by’Uturere twa Kicukiro na Gasabo. Ibibishushanyo (...)
>>Soma

Umujyi wa Kigali wafashe ingamba zo kunoza isuku mu mujyi
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Bwana Ndayisaba Fidele Mu rwego rwo kunoza ikorwa ry’isuku mu Mujyi wa Kigali kuri uyu wa kabiri, Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Bwana Fidele Ndayisaba yayoboye inama yari yatumiwemo (...)
>>Soma

Ibikorwa by’ukwezi kw’Imiyoborere Myiza birakomeje mu Mujyi wa Kigali
Umuyobozi w’Umujyi aganira n’abaturage ba Kimisagara Ibikorwa by’ukwezi kw’Imiyoborere Myiza birakomeje mu Mujyi wa Kigali. Muri iki cyumweru Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Bwana Ndayisaba Fidele yasuye Imirenge ya (...)
>>Soma

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yasuye Umurenge wa Gikomero
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali aganira n’abaturage ba Gikomero Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Bwana Ndayisaba Fidele arikumwe n’Umuyobozi w’Akarere ka Gasabo ejo basuye Umurenge wa Gikomero mu Karere ka Gasabo. Uru (...)
>>Soma

Minisitiri w’Intebe yitabiriye Umuganda mu Mujyi wa Kigali
Minisitiri w’Intebe (iburyo) n’Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali (ibumoso) bakora umuganda Kuri uyu wa gatandatu mu Karere ka Nyarugenge mu Murenge wa Nyamirambo habereye umuganda wa nyuma w’ ukwezi k’Ukuboza 2011 Uwo (...)
>>Soma

Icyumweru cy’urubyiruko cyasojwe mu Mujyi wa Kigali
Urubyiruko mu Mujyi wa Kigali ejo ku wa gatanu rwashoje icyumweru cy’urubyriko cyari cyatangijwe tariki ya 22/12/2011. Muri iki cyumweru urubyiruko rwakoze umuganda, ibitaramo n’ibiganiro bigamije kugangurira (...)
>>Soma

Imikino y’Inzego z’ibanze muri Africa y’Uburasirazuba yashojwe
Ku wa gatanu imikino y’Inzego z’ibanze muri Africa y’Uburasirazuba (East Africa Local Authorities Sports and Cultural Association-EALASCA) yarashojwe. Imikino yarimaze iminsi 5 ibera mu Mujyi wa Kigali, ikaba (...)
>>Soma

Ikiciro cya mbere cy’inyubako y’Umujyi wa Kigali cyarangiye
Inyubako y’Umujyi wa Kigali aho imaze kugera Umuyobozi w’Inama Njyanama y’Umujyi wa Kigali Bwan Sebashongore Dieudonne ari kumwe n’Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Bwana Ndayisaba Fidele uyu munsi bayoboye igikorwa cyo (...)
>>Soma

Perezida Kagame yakoreye umuganda mu Mujyi wa Kigali
Abaturage bakira Perezida wa Repubulika Nyakubahwa Paul Kagame Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Nyakubahwa Paul Kagame uyu munsi yifatanyije n’abaturage b’Umurenge wa Nduba mu muganda. Perezida Kagame yifatanyije (...)
>>Soma

AS Kigali yashyikirijwe igikombe cya shampiyona y’umupira w’amaguru
Uyu munsi ikipe y’abakobwa ya AS Kigali yakiriye igikombe cya shampiyona y’umupira w’amaguru cy’umwaka wa 2011. Iki gikombe kikaba cyashikirijwe ikipe ya AS Kigali n’Umuyobozi w’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu (...)
>>Soma

INAMA YA KOMITE Y’UMUTEKANO Y’UMUJYI WA KIGALI YATERANYE UYU MUNSI KU WA GATANU TARIKI YA 28/10/2011
Inama ya Komite y’Umutekano yaguye y’Umujyi wa Kigali yateranye kuri uyu wa gatanu tariki ya 28/10/2011 kandi yari iyobowe n’Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Bwana Fidele NDAYISABA. Inama yamenyeshejwe ko muri uku kwezi (...)
>>Soma

Umuyobozi w’ Umujyi wa Kigali yatangiye gahunda yo gusura Imirenge
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Bwana Ndayisaba Fidele (ibumoso) ari kumwe n’Umuyobozi w’Akarere ka Nyarugenge Madamu Solange Mukasonga (hagati) n’Umuyobozi w’Inama Njyanama y’Akarere ka Nyarugenge Bwana Mucyo Lambert (...)
>>Soma

Umuyobozi w’Umujyi yatanze ikiganiro muri SFB
Umuyobozi w’Umujyi atanga ikiganiro Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Bwana Fidele Ndayisaba kuwa gatatu yatanze ikiganiro mw’ishuli rikuri ry’Imari n’amabanke (School of Finance and Banking-SFB). Mu kiganiro cyavugaga ku (...)
>>Soma

Minisitiri w’Intebe yasuye umushinga wa Kigali Convention Centre
Umuhuzabikorwa w’umushinga Madamu Umwari Mireille (iburyo)Minisitiri w’Intebe Bwana Habumuremyi Pierre Damian (hagati) na Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi Bwana John Rwangombwa (ibumoso) Uyu munsi Minisitiri w’Intebe (...)
>>Soma

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali n’uwa Police y’Igihugu bahuye n’Abayobozi b’Amashyirahamwe y’abamotari
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Bwana Ndayisaba Fidele n’Umuyobozi wa Police y’igihugu Bwana Emmanuel Gasana uyu munsi bahuye n’abayobozi b’amashyirahamwe y’abamotori mu Mujyi wa Kigali. Inama yabaye mu rwego rwo kubagezaho (...)
>>Soma

Ibigo bitwara abagenzi mu ntara bigiye kwimukira Nyabugogo
Ibiro aho ibigo bitwara abantu bizakorera Tariki ya 2 Ukwakira 2011 ibigo bitwara abagenzi byose bigomba kwimukira muri gare ya Nyabugogo aho bafite urubuga ruhagije. Ibi byatangajwe n’Umuyobozi w’Akarere ka (...)
>>Soma

Minisitiri w’ Ubutegetsi bw’ Igihugu yashyikirije igihembo Umurenge wa Kanyinya kubera ibikorwa b’indashyikirwa mu muganda
Minisitiri Musoni James (iburyo) ashyikiriza igihembo Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Kanyinya Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Bwana Musoni James yashyikirije igihembo Umurenge wa Kanyinya kubera (...)
>>Soma

Umujyi wa Kigali wamuritse imihigo
(Uturutse ibumoso) Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Ndayisaba Fidele, Umuyobozi w’Inama Njyanama Sebashongore Dieudonne n’Umuyobozu wungirije w’Inama Njyanama Dr. Habineza Faustin Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Fidele (...)
>>Soma

Umujyi wa Kigali weguriye CNLG urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali
Umuyobozi wa CNLG Bwana Jean de Dieu Mucyo (ibumoso) ahererekanya inyandiko n’Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Bwana Ndayisaba Fidele Ku gicamunsi cyo ku wa Kabiri nibwo habaye umuhango wo guhererekanya ububasha hagati (...)
>>Soma

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yasinye amasezerano n’Abashoramari
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Fidele Ndayisana ahererekanya amasezerano n’Umuyobozi wa Kigali Real Estate Ltd Bwana Robert Bapfakurera Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Bwana Fidele Ndayisaba uyu munsi yasinye amasezerano (...)
>>Soma

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yahuye n’abakora akazi ko gutwara abantu n’ibintu
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Bwana Ndayisaba Fidele (ibumoso) n’Umuyobozi wa Police ishinzwe umutekano mu mihanda Chief Superintendent Vicent Sano Uyu munsi Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Bwana Ndayisaba Fidele (...)
>>Soma

Abagore mu Mujyi wa Kigali bahuguwe guteza mbere abucuruzi
Abagore 100 bibumbiye mu Ihuriro Ibanga ry’amakoperative y’Agaseke mu Mujyi wa Kigali ejo bashoje amahugurwa mu gutangiza no gucunga ubucuruzi. Mu muhango wabereye kuri Sports View Hotel abagore 100 bahawe (...)
>>Soma

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yaganiriye n’abitabiriye inama y’isuku
(Uturustse ibumoso) Madamu Sarah Tibatemwa Umuyobozi wa IWA, Bwana Ndayisaba Fidele Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali na Madamu Mary T. Broh Umuyobozi w’Umujyi wa Monrovia Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Ndayisaba Fidele uyu (...)
>>Soma

Umuyobozi w’Umujyi wa Monrovia yasuye Umujyi wa Kigali
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Ndayisaba Fidele (iburyo) yakira Umuyobozi w’Umujyi wa Monrovia Uyu munsi Umuyobozi w’Umujyi wa Monrovia, umurwa mukuru wa Liberia, Madamu Mary Broh yasuye Umujyi wa Kigali. Madamu Mary (...)
>>Soma

ITANGAZO RIHINDURA IBYAPA BY’IMODOKA ZITWARA ABAGENZI MU MUJYI WA KIGALI
UBUYOBOZI BW’UMUJYI WA KIGALI BURAMENYESHA ABAGENZI N’ABAKORA UMWUGA WO GUTWARA ABANTU N’IBINTU MU MUJYI WA KIGALI KO MU RWEGO RWO KUVUGURURA ITWARA RUSANGE RY’ABANTU N’IBINTU, GUHERA KUWA KABIRI TARIKI YA 05/07/2011 (...)
>>Soma

Gukemura ikibazo cy’inyubako zakorerwagamo ibyo zitagenewe mu Mujyi wa Kigali bigeze heza
Nkuko byari byumvikanyweho tariki ya 17/03/2011 igihe Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwahuraga n’abakorera ibikorwa by’ubucuruzi cyangwa ibiro mu nzu zitabigenewe ko hagiye gukorwa isesengura rigamije ubufatanye mu (...)
>>Soma

UBUTUMWA BW’UMUYOBOZI W’UMUJYI WA KIGALI BUKANGURIRA ABATURAGE KWITABIRA UMUGANDA RUSANGE UZABA TARIKI YA 25/06/2011
UBUTUMWA BW’UMUYOBOZI W’UMUJYI WA KIGALI BUKANGURIRA ABATURAGE KWITABIRA UMUGANDA RUSANGE UZABA TARIKI YA 25/06/2011 Baturage b’Umujyi wa Kigali, Mugire Amahoro, Nkuko bisanzwe buri wa gatandatu wa nyuma w’ukwezi (...)
>>Soma

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yahuguye abakirizi b’imisoro
Kuri uyu wa Kabiri Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yahuguye abakirizi b’imisoro mu mirenge yose y’Umujyi wa Kigali. Atangiza amahugurwa yabereye muri salle communitaire mu Rugando mu Murenge wa Kimihurura Umuyobozi (...)
>>Soma

Umujyi wa Kigali wateguye inama yaguye y’Uburezi
Kuri uyu wa gatanu, abashinzwe uburezi ku mirenge, uturere no ku mujyi wa Kigali bahuriye mu nama yaguye y’uburezi hamwe n’abayobora ibigo by’amashuri byose byo mu mujyi wa Kigali. Umunyamabanga wa Leta muri Ministeri (...)
>>Soma

ITANGAZO KU NAMA YA KOMITE Y’UMUTEKANO Y’UMUJYI WA KIGALI YATERANYE KUWA MBERE TARIKI YA 30/05/2011
Inama ya Komite y’Umutekano yaguye y’Umujyi wa Kigali yateranye kuri uyu wambere tariki ya 30/05/2011 ku kicaro cy’Umujyi wa Kigali. Inama yari iyobowe n’Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Bwana Fidele NDAYISABA. Inama (...)
>>Soma

UBUTUMWA BW’UMUYOBOZI W’UMUJYI WA KIGALI BUKANGURIRA ABATURAGE KWITABIRA UMUGANDA RUSANGE UZABA TARIKI YA 28/05/2011
Baturage b’Umujyi wa Kigali Kimwe na buri wa gatandatu wanyuma w’ukwezi, tariki ya 28 Gicurasi 2011 ni umunsi w’umuganda rusange ngaruka kwezi. Umuganda ni kimwe mu bisubizo dukomora mu muco mwiza w’Abanyarwanda (...)
>>Soma

ONE UN yahaye imodoka Umushinga w’Agaseke
Umuyobozi w’Umujyi wungirije ushinzwe Imibereho Myiza Madam Hope Tumukunde yakira ibyangombwa by’imodoka Mu rwego rwo kurushaho gufasha Umushinga w’Agaseke w’Umujyi wa Kigalia ku munsi wa kabiri tariki ya 17 Gicurasi (...)
>>Soma

Abakozi bashya barahiye
Umukozi mushya arahira Uyu munsi abakozi bashya b’Umujyi wa Kigali barahiye. Nkuko bigenwa n’itegeko rigenga abakozi ba leta, abakozi b’Umujyi wa Kigali barahiriye imbere ya Komite Nyobozi y’Umujyi wa Kigali. Ubwo (...)
>>Soma

Umujyi wa Kigali kwacyira imikino y’Ubuyobozi bw’ibanze muri Afrika y’Uburasirazuba
Umuyobozi wungirije w’Umujyi wa Kampala yambika Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali umudali wo kwacyira imikino Kuri uyu wa gatanu Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu y’uRwanda n’Umujyi wa Kigali zashikirijwe imidali yo gutegura (...)
>>Soma

Minisitiri w’Intebe yasuye Akarere ka Kicukiro
Minisitiri w’Intebe asura umuhanda wubatswe mu Murenge wa Niboyi Minisitiri w’Itebe yasuye ibikorwa by’iterambere biri mu Karere ka Kicukiro Ibikorwa by’iteranbere byasuwe birimo umuhanda wa kaburimbo wubatswe mu (...)
>>Soma

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yasezeranyije abakozi ubufasha bakeneye
Umuyobozi w’Umujyi ahemba umwe mu bakozi Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Bwana Fidele Ndayisaba yasezeranyije abakozi ko bazahabwa ubufasha bufuza mu kazi kabo. Ibi Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yabitangaye mu nama (...)
>>Soma

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yasuye ibikorwa by’amajyambere byatewe inkunga na CDF
Umuyobozi w’Umujyi asura ruhurura yubatswe Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Bwana Fidele NDAYISABA arikumwe n’Umuyobozi wa CDF (ikigega gitsura amajyambere y’uturere n’umujyi wa Kigali) Madamu Nkunda Laetitia basuye (...)
>>Soma

Madamu Jeannette Kagame yatangije gahunda yo gutanga urukingo rwa Kanseri y’inkondo y’umura
Nyakubahwa Jeannete Kagame yifotoza n’abana bamaze kubona urukingo Kuri uyu wa Kabiri tariki 26 Mata 2011, mu rwunge rw’ amashuri rwa Kanyinya mu Karere ka Nyarugenge, Umufasha wa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda (...)
>>Soma

AS Kigali yatsinze APR
Ikipe ya APR yarimaze imikino 14 idatsindwa ariko uwo muhigo ejo warahagaritswe aho ikipe y’Umujyi wa Kigali AS Kigali yatsinze APR igitego 1-0. Mu gice cya kabiri Imran Nshimiyimana yatsinze igitego ku mupira yari (...)
>>Soma

ITANGAZO RIGENEWE ABANYAMAKURU KU NKURU Y’ISENYWA RY’ISHURI YASOHOTSE MU ITANGAZAMAKURU
Ejo mu bitangazamakuru bya New Times n’Izuba Rirashe hasohotse inkuru ivuga ko Ubuyobozi bw’Umurenge wa Kimironko bwasenyeye ku banyeshuri ishuri Starlight School. Turatangaza ko ibivugwa muri iyo nkuru atari ukuri. (...)
>>Soma

Umujyi wa Kigali wabonye umuyobozi mushya
Uyu munsi umujyi wa Kigali waboye umuyobizi mushya. Bwana Ndayisaba Fidele yasinze amatora y’umuyobozi w’umujyi yabereye kuri petit stade I Remera. Bwana Nizeyimana Alphonse yongeye gutorerwa umwanya w’umuyobozi (...)
>>Soma

Umuyobozi w’ Umujyi wa Kigali yasuye Umurenge wa Kigali
Kuri uyu wa gatatu Umuyobozi w’ Umujyi wa Kigali Madame Dr Aisa Kirabo Kacyira yasuye Umurenge wa Kigali mu Karere ka Nyarugenge muri urwo rugendo akaba yari aherekejwe n’ Umuyobozi wungirije w’ Umujyi wa Kigali (...)
>>Soma

Umuyobozi w’ Umujyi wa Kigali yagiranye ikiganiro n’ abakora umurimo wo gutwara abantu
Kuri uyu wa Kane kuri stade i Nyamirambo Umuyobozi w’ Umujyi wa Kigali Madame Dr Aisa Kirabo Kacyira ari kumwe n’ abndi bayobozi batandukanye b’ Umujyi wa Kigali, Akarere ka Nyarugenge ,police n’ ingabo z’ igihugu (...)
>>Soma

Urubyiruko rw’ Umujyi wa Kigali rwasuye urundi rubyiruko ruri i Wawa
Urubyiruko rutandukanye rubarizwa mu Mashyirahamwe n’ Amakoperative y’ urubyiruko akorera mu Mujyi wa Kigali rwasuye urubyiruko rwakuwe mu muhanda ubu rukaba rwiga imyuga itandukanye mu kigo cy’ I wawa . Urwo (...)
>>Soma

Nyakubahwa Madame wa Perezida wa Repubulika Jeannette Kagame n’ Umuyobozi w’ Umujyi wa Kigali bitabiriye umuganda wo gutera igiti
Kuri uyu wa Gatandatu mu Bitaro bya Police kukakiru habereye umuganda udasanzwe wo gutera igiti, Uwo muganda ukaba wari witabiriwe n’ Abayobozi batandukanye barimo umufasha wa Nyakubahwa Perezida wa Repuburika, (...)
>>Soma

Ushobora kugira ubushacye n’ umutima wo kugira icyo ukora ubushobozi bukanga
Ibyo ni bimwe mu byatangajwe na Minisitiri w’ Ubutegetsi bw’ Igihugu Bwana MUSONI James kuri uyu wa gatanu ubwo yatangizaga amahugurwa y’ abayobozi b’ inzego z’ ibanze bo mu Mujyi wa Kigali mu ishuri rikuru ry’ (...)
>>Soma

Amahugurwa ku ikoranabuhanga yahabwaga urubyiruko yasojwe
Kuri uyu wa kane kuri Maison des Jeunes Kimisagara habereye umuhango wo gusoza amahugurwa y’ ukwezi ku ikoranabuhanga yahabwaga intore z’ urubyiruko. Minisitiri w’ Urubyiruko atanga impamyabumenyi kuwahuguwe Uwo (...)
>>Soma

Umujyi wa Kigali ugiye kubaka inyubako yo gukoreramo
Kuri uyu wa mbere nibwo hashyizwe ibuye ry’ ifatizo ahagiye kubakwa Ibiro bishya by’ Umujyi wa Kigali bizatwara amafaranga angana na Miliyoni 12,9 uyabaze mu madorari y’ Abanyamerika n’ ukuvuga asaga Miliyari 7,5 y’ (...)
>>Soma

Nyakubahwa Paul Kagame yarahiye
Nyuma y’iminsi makumyabiri n’ine Komisiyo y’Igihugu y’Amatora itangaje ko Nyakubahwa Kagame Paul ariwe Abanyarwanda batoye ngo azabayobore muri manda y’imyaka irindwi kuri uyu wa mbere yarahiriye kuzatunganya imirimo (...)
>>Soma

Amajwi y’agateganyo yo mumatora yo kuwa 09 Kanama yamenyekanye
kuri uyu wa 09 Kanama abanyarwanda babyukiye mu gikorwa cyo gutora Perezida wa Repubulika uzayobora igihugu mugihe cy’imyaka irindwi, uwo Mwanya ukaba warahatanirwaga n’abakandida bane barimo uwari usanzwe ari (...)
>>Soma

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yasuye Akarere ka Nyarugenge
Kuri uyu wa Kane Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Madame Dr Aissa Kirabo Kacyira yasuye ibice bitandukanye by’Akarere ka Nyarugenge ndetse anagirana inama n’Abaturage. Urwo rugendo rwe rukaba rwari rugamije gushimira (...)
>>Soma

Nibyo igihugu cyacu cyahuye n’ibyago byinshi ariko ibyo ntibyatuma uyu munsi
Tutishima kuko twatangiye igihe cy’Ikizere. Ibyo ni bimwe mu byavuzwe na Minisitiri James MUSONI kuri uyu munsi ubwo yabonanaga n’intore z’Umujyi wa Kigali muri Stade ya Camps Kigali mu Karere ka Nyarugenge. (...)
>>Soma

Mu komeze mube intore zisonga mufatanye muri byose
Ayo ni amwe mu magambo yavuzwe n’Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Madame Dr Aisa KIRABO KACYIRA ubwo yifatanyaga n’abaturage b’Umurenge wa Kimisagara mu kwishimira imyaka icumi Ubuyobozi bwegerejwe abaturage . (...)
>>Soma

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yagiranye inama na komite mpuzabikorwa z’amatora mu Karere ka Nyarugenge
Kuri uyu wa gatatu mu cyumba cy’Inama Njyanama cy’Akarere ka Nyarugenge habereye inama yahuje Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Madame Dr Aisa Kirabo Kacyira , Umuyobozi w’Akarere ka Nyarugenge Madame Nyirahonora Theophila (...)
>>Soma

Umuyobozi w’ Umujyi wa Kigali yamuritse imihigo y’ Umujyi mu mwaka wa 2010/2011
kuri uyu wa mbere muri Hotel Serena Umuyobozi w’ Umujyi wa Kigali yamuritse imihigo Umujyi uzageraho mu 2010/2011. uwo muhango wari uyobowe na Minisitiri w’ Intebe Bwana MAKUZA Bernard wari uhuriyemo abayobozi b’ (...)
>>Soma

Umuyobozi w’ imirimo mu Mujyi wa Kigali yifatanyije n’ abaturage mu bikorwa bya Army Week
Umuyobozi Mukuru w’ Imirimo mu Mujyi wa Kigali Bwana NDAKENGERWA GASANA Aimable , ari kumwe n’ abayobozi batandukanye barimo Depite MUKANOHERI Saidat , Umuyobozi wungirije w’ Akarere ka Nyarugenge ushinzwe ubukungu (...)
>>Soma

Abaturage b’Umujyi bakwiye kwitabira kwibaruza kuri gahunda y’ amatora no gufata amarangamuntu
Iyo ni umwe mu Myanzuro y’Inama Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Madame Dr Aisa KIRABO KACYIRA yagiranye n’abayobozi b’ Uturere tw’Umujyi wa Kigali ndetse n’Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’ imirenge itandukanye iri mu Mujyi (...)
>>Soma

Umuyobozi wungirije w’Umujyi wa Kigali ushinzwe ubukungu yamuritse umushinga w’ingengo y’Imali 2010/2011 mu nteko ishinga amategeko
Kuri uyu wa Kabiri Umuyobozi wungirije w’ Umujyi wa Kigali ushinzwe ubukungu Bwana NIZEYIMANA Alphonse aherekejwe n’ Umunyamabanga Nshingwabikorwa Madame MUKASONGA Solange beretse abadepite bagize komisiyo ishinzwe (...)
>>Soma

Abatwara moto biyemeje gukomeza umutekano mu muhanda
kuri uyu wa gatatu kuri stade ya Camp Kigali mu Murenge wa Nyarugenge mu Karere ka Nyarugenge hahuriye abakora umurimo wo gutwara abantu kuri moto zaba moto nini cg izizwi ku izina ry’uduhene. muri iyo nama (...)
>>Soma

Umujyi wa Kigali wamurikiye abaturage umushinga w’ingengo y’imali
Kuri iki cyumweru mucyumba cy’inteko ishinga amategeko umutwe w’abadepite habereye igikorwa cyo kugeza kubaturage b’Umujyi wa Kigali umushinga w’ingengo y’imali izakoreshwa mu Mujyi wa Kigali y’umwaka wa 2010/2011. (...)
>>Soma

Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yasuye Umujyi wa Kigali
Kuri uyu wa gatanu nyuma ya saa sita Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame yasuye Umujyi wa Kigali muduce tubiri dutandukanye. Nyakubahwa Perezida Repubulika akaba yabanje gusura aho bita muri quartier (...)
>>Soma

Mu mujyi wa Kigali hizihijwe umunsi mpuzamahanga w’ibidukikije
Kuri uyu wa Gatanu mu gishanga cya Nyandungu habereye umuganda wo gutera ibiti mu nkengero z’icyo gishanga , uwo muganda ukaba wakozwe mu rwego rwo kwizihiza umunsi Mpuzamahanga wahariwe ibidukikije wizihijwe uyu (...)
>>Soma

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yitabiriye inama y’umutekano mu Karere ka Nyarugenge
Kuri uyu wa kane mu Karere ka Nyarugenge habaye inama y’umutekano yahuje inzego zitandukanye z’ubuyobozi bw’Akarere, inzego z’umutekano n’ abaturage b’Akarere ka Nyarugenge. Abaturage bari bitabiriye inama aribenshi (...)
>>Soma

AS Kigali yatwaye igikombe cya Champiyona y’abakobwa
ikipe y’umupira w’amaguru y’Umujyi wa Kigali y’abakobwa AS Kigali yatwaye kunshuro ya kabiri igikombe cya Shampiyona y’abakobwa. kuri uyu wa gatatu kuri stade i Nyamirambo ikipe ya AS Kigali yemejwe ko itwaye igikombe (...)
>>Soma

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yasuye Umurenge wa Kinyinya
Kuri uyu wa kabiri Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali aherekejwe n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umujyi Madame MUKASONGA Solange, Umuyobozi Mukuru w’imirimo mu Mujyi wa Kigali Bwana NDAKENGERWA Aimable, Umuyobozi w’Akarere (...)
>>Soma

Abana b’abakobwa batsinze neza mu mashuri barahembwe
Kuri iki cyumweru kuri Stade I Nyamirambo habereye umuhango wo guhemba abana b’abakobwa batsinze neza mu bizamini bisoza amashuri abanza, ikiciro rusange ndetse n’amashuri yisumbuye. Umuyobozi w’ Umujyi ageza (...)
>>Soma

Abagore bo mu Mujyi wa Kigali bitabiriye urugendo
kuri iki cyumweru mu Rwanda hose habereye urugendo rwo kwishimira aho umugore ageze mu iterambere n’uburinganire ,mu Mujyi wa Kgali urwo rugendo rukaba rwaratangiriye ku inteko ishinga amategeko rusorezwa kuri stade (...)
>>Soma

Umuyobozi W’Umujyi wa Kigali yasuye abakora umurimo w’ubwikorezi mu Mujyi wa Kigali
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali kuri uyu wa kane yahuye n’urubyiruko rubumbiye mu makoperative y’abikorezi bazwi cyane ku izina rya Karaningufu kuri stade Regional ya Nyamirambo. Umuyobozi w’ Umujyi wa Kigali ageza (...)
>>Soma

Nyakubahwa Perezida yasuye Umujyi wa Kigali
Kuri uyu wa Gatandatu Nyakubahwa Perezida wa Repuburika y’ u Rwanda Nyakubahwa Paul Kagame yakoreye uruzinduko mu Mujyi wa Kigali mu Karere ka Nyarugenge, muri urwo ruzinduko rwe akaba yagiranye ibiganiro n’ (...)
>>Soma

Umuyobozi w’ Umujyi wa Kigali yatangije igikorwa cyo kubaka imihanda
kuri uyu wa Gatanu mu Murenge wa Kicukiro Umuyobozi w’ Umujyi wa Kigali arikumwe n’ abandi bayobozi batandukanye barimo Umuyobozi w’ Umujyi wungirije ushinzwe ubukungu, Umuyobozi w’ Ikigega cy’ igihugu gishinzwe gukora (...)
>>Soma

Amahugurwa y’abayobozi b’Amakoperative y’urubyiruko akorera mu Mujyi wa Kigali
Kuri uyu wa mbere mu Murenge wa Kimisagara mu Karere ka Nyarugenge , habereye amahugurwa y’ abayobozi b’amakoperative y’urubyiruko akorera mu Umujyi wa Kigali afite ubuzima gatozi ayo mahugurwa akaba yari ateraniyemo (...)
>>Soma

Umurenge wa Kinyinya wibutse kunshuro ya 16 abatutsi bari bawutuyemo bishwe
Kuri uyu wa Gatandatu mu Karere ka GASABO mu Umurenge wa KINYINYA habaye umuhango wo kwibuka abatutsi bari batuye muri uwo murenge bishwe muri Jenoside y’abatutsi yo mu 1994. Bamwe mubitabiriye urugendo rwo (...)
>>Soma

Komisiyo y’igihugu y’amatora ikomeje gukangurira abaturage kuzitabira amatora.
Kuri uyu munsi mu Karere ka Nyarugenge mu murenge wa Kimisagara hatangijwe igikorwa cyo gusobanurira urubyiruko rwibumbiye mu mashyirahamwe n’amakoperative akorana n’Umujyi wa Kigali kuzitabira amatora ya Perezida wa (...)
>>Soma

Umuyobozi wungirije w’Umujyi wa Kigali yakiriye intumwa zaturutse mu Gihugu cya Malawi
Kuri uyu wa kabiri Umuyobozi w’Umujyi wungirije ushinzwe Imibereho Myiza Madame GAKUBA JEANNE D’ARC yakiriye intumwa ziturutse mu gihugu cya Malawi zari ziyobowe n’Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’Ubutegetsi (...)
>>Soma

Icyumweru cyahariwe Police y’ igihugu cyatangijwe
kuri uyu wambere hano mu Mujyi wa Kigali hatangirijwe icyumweru cyahariwe Police y’ igihugu , icyo cyumweru kikaba cyarateguwe mu rwego rwo kwishimira imyaka 10 Police y’ igihugu imaze ishinzwe. icyo gihe cyiswe (...)
>>Soma

Umujyi wa Kigali wibutse abatutsi bazize jenoside yo mu 1994
Kuri uyu wa gatanu kurwibutso rwa jenoside yakorewe abatutsi rwa Gisozi habereye umuhango wo kwibuka abatutsi bazize jenoside yo mu 1994. inzego zitandukanye z’ abaturage b’ Umujyi bitabiriye urwo rugendo Uwo (...)
>>Soma

Icyumweru cy’Icyunamo cyasojwe
Kuri uyu wa kabiri kurwibutso rwa jenoside rwa REBERO mu Karere ka Kicukiro habereye umuhango wo gusoza icyumweru cy’icyunamo kunshuro ya 16. Uwo muhango wayobowe n’Umuyobozi wa Sena Bwana Vincent BIRUTA mu ijambo (...)
>>Soma

Umwiherero w’Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali waberaga Musanze wasojwe
Kuri uyu wa gatandatu mu Karere ka Musanze mu Ntara y’amajyaruguru hasojwe umwiherero w’iminsi itatu wari uhuje inzego zitandukanye z’ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali. Nyuma y’ibiganiro bitandukanye byahawe abari muri iyo (...)
>>Soma

ubuyobozi bw’ Umujyi wa Kigali bwashimiye abitabiriye Kigali City Festival
kuri uyu wa kane kuri stade amahoro i Remera Ubyobozi bw ’Umujyi wa Kigali bawakiriye abagize uruhare mu myiteguro ndetse n’ishyirwa mu bikorwa rya Kigali City Festival . Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Madame Dr Aissa (...)
>>Soma

Kigali City Festival yasojwe
Kuri iki cyumweru kuri Stade Amahoro I Remera hasojwe iserukiramuco ry’Umujyi wa Kigali ryari ryaratangiye kuva ku itariki ya 26 Gashyantare kugeza kuwa 21 Werurwe 2010. Iryo serukiramuco rikaba ryarakorewemo (...)
>>Soma

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwakiriye abitabiriye ibikorwa byo Gusoza Kigali City Festival
Kuri uyu mugoroba wo kuwa Gatanu muri Hotel des Milles habereye umuhango wo kwakira abashyitsi batandukanye bitabiriye imihango yo gusoza ibikorwa Bya Kigali City Festival . Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali (...)
>>Soma

Imihango yo gusoza Kigali City Festival yatangiye
Kuri uyu wa gatanu nibwo kuri Stade regional ya Nyamirambo hatangiye imihango yo gusoza Kigali City Festival, iyo mihango yayobozwe n’Umuyobozi w’Umujyi wa Kiagli Madame Dr Aisa KIRABO KACYIRA n’abashyitsi bari kumwe (...)
>>Soma

Ikiganiro n’Abanyamakuru
Kuri uyu wa kane Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali n’abamwungirije batanze ikiganiro ku banyamakuru , icyo kiganiro kikaba kibanze kuri gahunda y’Umujyi yitwa Iserukiramuco ry’Umujyi wa Kigali. Muri icyo kiganiro Umuyobozi (...)
>>Soma

Umuyobozi w’Umujyi wa Kampala yageze i Kigali
kuri uyu wa kane tariki ya 18 Werurwe Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Madame Dr Aisa KIRABO KACYIRA yakiriye Umuyobozi w’Umujyi wa Kampala Bwana Nassa NTEGE SEBAGALA waje kwifatanya n’Umujyi wa Kigali mu birori bisoza (...)
>>Soma

Uburenganzira n’amahirwe bingana iterambere kuri bose
Iyo ni insanganyamatsiko y’Umunsi Mpuzamahanga w’Umugore wizihijwe Kuri uyu wa mbere . Umuyobozi Mukuru w’Umurimo mu Umujyi wa Kigali Bwana NDAKENGERWA Aimable akaba yifatanyije n’abaturage bo mu Murenge wa Kimisagara (...)
>>Soma

Umujyi wa Kigali n’uturere tuwugize bamuritse ibyo bamaze kugeraho mu mihigo
Kuri uyu wa gatatu mu cyumba cy’inama cy’Akarere ka Nyarugenge habereye umuhango wo kumurika ibyagezweho guhera muri Nyakanga kugeza mu Kuboza 2009. Uwo muhango ukaba wayobowe na Nyakubahwa Minisitiri w’Intebe Bwana (...)
>>Soma

Umujyi wa Kigali watangiye gusuzuma uko imihigo uturere twahize yashyizwe mu bikorwa
Kuri uyu wa kabiri Umuyobozi wungirije w’Umujyi wa Kigali ushinzwe ubukungu Bwana NIZEYIMANA Alphonse yatangije igikorwa cyo gusuzuma imihigo y’uturere tugize Umujyi wa Kigali . Icyo gikorwa kikaba cyatangirijwe mu (...)
>>Soma

KIGALI CITY FESTIVAL (BREAKFAST WITH PRESS)
Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru b’ Itangaza makuru ryandika ndetse n’amaradio akorera hano mu Rwanda ikiganiro cyari kigamije ahanini gusobanurira abo Banyamakuru ibijyanye na Festival (...)
>>Soma

Umuyobozi w’ Umujyi wa Kigali yabonanye n’abahagarariye urubyiruko mu Mujyi wa Kigali
kuri uyu wa gatandatu Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Madame Dr Aisa KIRABO KACYIRA arikumwe , Umuyobozi Mukuru w’Imirimo mu Umujyi wa Kigali Bwana NDAKENGERWA Aimable bagiranye inama n’urubyiruko ruhagarariye urundi mu (...)
>>Soma

ni ngombwa ko abayobozi bagira umurego wo gukomeza gukora neza
Ayo ni amwe mu magambo yavuzwe n’Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Madame Dr Aisa KIRABO KACYIRA ubwo yatangizaga inama y’umutekano yaguye y’Umujyi wa Kigali yateranye kuri uyu wa gatanu, Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali akaba (...)
>>Soma

Umunsi w’intwari warizihijwe
Kuri uyu wa mbere tariki ya 01 GASHYANTARE mu rwanda hose hizihijwe umunsi w’Intwari uwo munsi ukaba warizihirijwe ahantu hatandukanye mu midugudu igize Umujyi wa Kigali . Abayobozi batandukanye kurwego rw’Umujyi (...)
>>Soma

Ikipe y’umupira y’Umujyi wa Kigali yabakobwa ikomeje kwitwara neza muri shampiyona
Shampiona y’abakobwa mukiciro cya mbere irakomeje muri iki cyumweru hakaba harakinwe imikino y’Umunsi wa kabiri ikipe y’abakobwa y’Umujyi wa Kigali ikaba yarakinnye n’ikipe ya RUHANGO f.c . Uwo mukino ukaba wararangiye (...)
>>Soma

Urubyiruko rwitabiriye ibikorwa byo kwitegura umunsi w’Intwari
Kuri iki cyumweru mu Karere ka Kicukiro Umurenge wa MASAKA habereye amarushwanwa y’umukino w’amagare mu rwego rwo kwizihiza umunsi w’intwari ayo marushanwa akaba yarateguwe kubufatanye bwa Minisiteri y’umuco na (...)
>>Soma

Urubyiruko rwo mu Muhanda rwasuye urwibutso rwa Jenocide rwa Gisozi
Kuri iki Cyumweru urubyiruko rwavanywe mu muhanda rurererwa mu Kigo cya Nkunda abana ruri kumwe n’urundi rubyiruko rwaretse kunywa ibiyobyabwenge ruri muri Koperative ISECO rwasuye u rwibutso rwa Jenoside rwa GISOZI (...)
>>Soma

Umuyobozi mwiza ni uwumva ibitekerezo by’ abo ayobora
Ayo ni amwe mu magambo yavuzwe n’ Umuyobozi w’ Umujyi wa Kigali Madame Dr Aisa KIRABO KACYIRA mu muhango wo kwakira indahiro y’ umuyobozi mushya w’ akarere ka Nyarugenge Madame NYIRAHONORA Theophila ; uwo muhango ukaba (...)
>>Soma

Abarezi bo mu Umujyi wa Kigali biteguye gutangira umwaka w’ amashuri 2010
Kuri uyu wa kabiri mucyumba cy’ inama cy’ ikigo cya ETO KICUKIRO habereye inama yahuje ubuyobozi bw’ Umujyi wa Kigali n’ abayobozi b’ ibigo by’ amshuri abanza n’ ayisumbuye yo mu Umujyi wa Kigali . Muri iyo nama yari (...)
>>Soma

Abaturage b’ Umujyi bakwiye guhugurwa bakamenya uko mu Mujyi ubuhinzi bukorwa
Ayo ni amwe mu magambo yavuzwe n’ Umuyobozi w’ Umujyi wungirije Madame Jeanne GAKUBA mu muhango wo gutangiza amahugurwa y’ imirire n’ubuhinzi mu kigo cya WAF ku Kimisagara. akaba yarakanguriye abagiye guhabwa ayo (...)
>>Soma

Umuyobozi w’ Umujyi wa Kigali yatashye icyicaro cy’ ishyirahamwe ATAMIMORWA
Kuri uyu wa gatanu Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Madame Dr Aisa KIRABO KACYIRA yatashye ibiro bishya by’ ishyirahamwe ATAMIMORWA mu Karere ka Gasabo mu murenge wa KIMIRONKO. Umuyobozi w’Umujyi Madame Dr Aisa KIRABO (...)
>>Soma

Umujyi wa Kigali wamurikiye abaturage ibyagezweho
kuri uyu wa gatanu kuri stade i Nyamirambo Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwagejeje kubaturage ibikorwa byakozwe mugihembwe cya mbere cy’Umwaka wa 2009/2010. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’agateganyo w’Umujyi wa (...)
>>Soma

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yasuye itorero ry’Urubyiruko mu Karere ka Nyarugenge
Kuri uyu wa gatatu Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Madame Aisa KIRABO KACYIRA arikumwe n’Umuyobozi w’Ingabo muri division ya mbere Jeneral Major Fred IBINGIRA basuye urubyiruko ruri mungando mu Karere ka Nyarugenge. (...)
>>Soma

Umuyobozi Mukuru w’umurimo mu Umujyi wa Kigali yasuye urubyiruko ruri mu itorero mu Karere ka KICUKIRO
kuri uyu wa kane Umuyobozi Mukuru w’umurimo mu Umujyi wa Kigali Bwana NDAKYENGERWA Aimable arikumwe N’Umuyobozi Mukuru w’Itorero ry’Igihugu Bwana RUCAGU Boniface ndetse n’Umuyobozi w’Akarere ka Kicukiro basuye urubyiruko (...)
>>Soma

Abahinzi bo mu Mujyi wa Kigali bagiye gufashwa
ibyo nibimwe mubyatangajwe n’Umuyobozi wungirije w’Umujyi wa Kigali ushinzwe ubukungu Bwana NIZEYIMANA Alphonse nyuma y’urugendo yakoreye mu turere dutatu tugize Umujyi wa Kigali asura ibikorwa bimwe na bimwe (...)
>>Soma

Itorero ry’urubyiruko ryatangijwe kumugaragaro
Kuri uyu wa kabiri nibwo mu Rwanda hose hatangijwe igikorwa cy’itorero ry’Urubyiruko ,mu Mujyi wa Kigali ibyo birori uwo muhango ukaba wabereye ahantu hatandukanye hateraniye urubyiruko rwaje muri izo ngando Abayobozi (...)
>>Soma

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 17 Ugushyingo 2009 Umuyobozi w’ Umujyi wa Kigali Madamu Dr Aisa KIRABO KACYIRA ari kumwe n’ Umuyobozi w’ Umujyi wungirije ushinzwe ubukungu Bwana NIZEYIMANA Alphonse bagiranye ikiganiro n’ (...)
>>Soma

Abajyanama b’Umujyi wa KILIFI basuye Umujyi wa Kigali
Kuri uyu wa kane Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’agateganyo w’Umujyi wa Kigali Madame MUKASONGA Solange yakiriye abajyanama b’Umujyi wa Kilifi muri Kenya baje muruzinduko rw’akazi mu Umujyi wa Kigali bakaba bari (...)
>>Soma

GUSOZA AMAHUGURWA Y’ABAGORE BACURURIZAGA MU MIHANDA MU MUJYI WA KIGALI
Kuri uyu wa kane mu kigo cya Croix Rouge- Gacuriro habaye igikorwa cyo Gusoza amahugurwa ya bagore bahoze bacururiza mu mihanda y’umujyi wa Kigali ayo mahugurwa yari yaratangiye kuwa 08/Nzeri /2009 . Abo badamu (...)
>>Soma

GUTANGIZA KU MU GARAGARO GAHUNDA YO KUBAKA IBYUMBA BY’AMASHURI.
Kuri uyu wa gatatu itariki ya 17/09/2009 mu murenge wa Masaka akarere ka Kicukiro habereye umuhango wo gutangiza ku mugaragaro gahunda yo kubaka ibyumba by’amashuri azakoreshwa umwaka utaha muri gahunda ya leta (...)
>>Soma

Umujyi wa kigali wakiriye ikipe y’ abakobwa y’ Umujyi
Kuri uyu wa gatanu kuri stade regional i Nyamirambo habereye umuhango wo kwakira ibikombe byatwawe n’ ikipe y’ Umujyi wa Kigali y’abakobwa bakina umupira w’ amaguru ibyo bikombe bikaba birimo igikombe cya shampiyona y’ (...)
>>Soma

AMAHUGURWA YABAHOZE BAZUNGUZA UDUTARO MUMUJYI WA KIGALI
Kuri uyu wa kabiri mu karere kagasabo mu kigo cya croix rouge rwanda hatangiye amahugurwa y’abagore 250 bahoze bakora umwuga wo kuzunguza udutaro mu mujyi ndetse n’indaya biyemeje kureka iyomyuga idaha agaciro (...)
>>Soma

Urubyiruko nkingufu z’ igihugu rukwiye guhaguruka rugakora
Ayo ni amwe mu magambo yavuzwe n’Umuyobozi wa Community Policing mu Umujyi wa Kigali aho yari mu muganda mu Murenge wa gisozi mu mudugudu wa Kanyinya aho yafatanyije n’abaturage batuye uwo mudugudu mugutema ibuhuru (...)
>>Soma

ABAYOBOZI B’ UMUJYI WA KAMPALA BASUYE UMUJYI WA KIGALI
Intumwa z’ Ubuyobozi bw’ Umujyi wa Kampala zari ziyobowe n’ Umuyobozi w’ Umujyi wa Kampala wungirije , Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’ Uwo Mujyi n’ Umuyobozi w’ Inama Njyanama y’ Umujyi wa Kampala n’ abandi bayobozi b’ (...)
>>Soma

kubufatanye bw’Umujyi wa Kigali na Edition Bakame ibigo by’ amashuri abanza 31 byahawe ibitabo byo gusoma
kuri uyu wa kane, habaye umuhango wo gutanga ibitabo ku nshuro ya kabiri,hakaba hatanzwe ibitabo 18008,bifite agaciro gasaga miliyoni icumi z’amafaranga y’Urwanda bihabwa abayobozi bi bigo byamashuri 31byo mu mujyi (...)
>>Soma

Inama Njyanamay’Umujyi wa Kigali yungutse Umujyanama mushya
kuri uyu wa kabiri mucyumba cyÍnama Njyanama y’Umujyi wa Kigali habereye umuhango wo kwakira indahiro y’Umujyanama MUTAGOMA Madine , Umujyanama mushya mu Inama Njyanama y’Umujyi wa Kigali usimbura Umujyanama MUKABALISA (...)
>>Soma

Abajyanama bagize komisiyo y’ubuyobozi , politiki n’ amategeko mu Inama Njyanama y’Umujyi wa Kigali basuye imirenge ya GIKONDO na KANOMBE
Abajyanama bagize komisiyo y’ubuyobozi , politiki n’ amategeko mu Inama Njyanama y’Umujyi wa Kigali yasuye imirenge ya GIKONDO na KANOMBE mu karere ka Kicukiro , muri urwo rugendo bababa barabonanjye n’ abagize inama (...)
>>Soma

URUBYIRUKO RW’UMUJYI WA KIGALI RUKOMEJE KWITABIRA ONE DOLLAR CAMPAIGN
Kuri uyu wakane mu cyumba k’ inama Njyanama y’ Umujyi wa Kigali habereye umuhango wo gutanga inkunga yagenewe one dollars campaign yakusanyijwe n’ ishyirahamwe abakoranamurava n’ishyirahamwe ry’ abanyeshuri b’ (...)
>>Soma

Umuyobozi w’ Umujyi wa Kigali yatangije ibikorwa by’ isuku
Muri iyi minsi twitegura umunsi wo kwibohora uzizihizwa ku inshuro ya 15 urubyiruko ruhuriye mu mashyirahamwe n’ amakoperative y’ urubyiruko yasinye imihigo y’ isuku kwita no kurengera ibidukikije n’ ubuyobozi bw’ (...)
>>Soma

Itangizwa ry’ icyumweru cy’ ingabo
muri iki gihe twitegura kwizihiza isabukuru yo kwibohora ku inshuro ya 15 , uyu mwaka hateganyijwe ibikorwa byinshi bijyanye no gutegura uwo munsi birimo n’ icyumweru cy’ ingabo cyatangijwe mu Umujyi wa Kigali kuri (...)
>>Soma

Amashyirahamwe n’ Amakoperative yasinye imihigo y’ isuku kwita no kurengera ibidukikije n’ Ubuyobozi bw’ Umujyi wa Kigali yitabiriye igikorwa cya one dollar campaign
Kuri uyu wa Gatandatu Abayobozi b’amashyirahamwe n’amakoperative yúrubyiruko yasinye imihigo n’Ubuyobozi bw’ Umujyi wa Kigali bagera kuri mirongo itandatu basuye urwibutso rwa Gisozi basobanurirwa amateka y’u Rwanda kuva (...)
>>Soma

AMAHUGURWA Y’ ABAGIZE CLUB ZO KURWANYA IHOHOTERWA
Kubufatanye bw’ Ubuyobozi bw’ Umujyi wa Kigali na Komisiyo y’ Igihugu y’ Ubumwe n’Ubwiyunge kuri uyu wa gatatu habaye amahugurwa y’ abagize club zo kurwanya ihohoterwa ( anti gender basic violemce club) baturutse mu (...)
>>Soma

UBUYOBOZI BW’UMUJYI WA KIGALI BWASUYE IBIGO BIRERERWAMO ABANA
Kuri uyu wa kabiri Umuyobozi w’ Umujyi wa Kigali ari kumwe n’ abamwungirije ndetse n’ abayobozi b’ uturere tugize Umujyi wa Kigali basuye ahantu hatandukanye mu Umujyi wa Kigali hakorerwa ibikorwa byo kurera abana (...)
>>Soma

UMUJYI WA KIGALI WABONYE UMUYOBOZI MUSHYA WUNGIRIJE USHINZWE UBUKUNGU
Kuri uyu wa gatandatu mu cyumba cy’ inama cy’ Akarere ka Nyarugenge habereye igikorwa cy’ amatora yo gutora umuyobozi w; Umujyi wungirije ushinzwe ubukungu wo gusimbura uwari kuri uwo mwanya weguye. ayo matora akaba (...)
>>Soma

UMUYOBOZI W’ UMUJYI WA KIGALI YASUYE ISHYIRAHAMWE KORA
kuri uyu wa gatanu Umuyobozi w’ Umujyi wa Kigali yasuye ishyirahamwe KORA rikorera aho bita mu Gakinjiro mu murenge wa Gitega. urwo ruzinduko rukaba rwarabaye uribimburiye izindi Umuyobozi w’ Umujyi wa Kigali (...)
>>Soma

INAMA RUSANGE YA 9 Y’ INAMA Y’ IGIHUGU Y’ ABAGORE KU URWEGO RW’ UMUJYI WA KIGALI YARATERANYE
kuva kuri uyu wa gatandatu kugeza ku cyumweru mu icyumba cy’ inama cy’ Akarere ka Nyarugenge hateraniye inama rusange ya 9 y’ Inama y’ Igihugu y’ abagore mu Umujyi wa Kigali. iyo nama ikaba yaritabiriwe n’ abayobozi (...)
>>Soma

UBUSABANE BW’ URUBYIRUKO RWIBUMBIYE MU MASHYIRAHAMWE N’ AMAKOPERATIVE N’ UBUYOBOZI BW’ UMUJYI WA KIGALI
Kuri uyu wa kane mubusitani bwa Hotel laparisse i Nyandungu habereye Ubusabane bwahuje Ubuyobozi bw’ Umujyi wa Kigali n’ urubyiruko rwibumbiye mu mashyirahamwe n’ amakoperative yasinye imihigo y’ isuku kwita no (...)
>>Soma

ONE DOLLAR CAMPAIGN NI IYACU
kuri uyu wa kane mucyumba cy’ inama Njyanama y’Umujyi wa Kigali habereye inama yahuje abayobozi b’ amashyirahamwe n’amakoperative akorera mu Mujyi wa Kigali , abakozi b’ Umujyi bashinzwe amashyirahamwe n’ amakoperative (...)
>>Soma

IMIHIGO Y’ IGIHEMBWE CYA MBERE 2009 IRESHEJWE
kuri uyu wa gatatu mu cyumba cy’ akarere ka Nyarugenge habereye umuhango wo kugaragariza Nyakubahwa Minisitiri w’ intebe aho ibikorwa Umujyi wa Kigali wari wariyemeje gukora muri iki gihembwe cya mbere cy’ Umwaka wa (...)
>>Soma

Amashyirahamwe n’ amakoperative y’ Urubyiruko mu Mujyi wa Kigali yasinye imihigo y’ Isuku
Kuri uyu wa kane ku Karere ka Nyarugenge hasinywe imihigo y’ isuku kwita no kurengera ibidukikije hagati y’ Ubuyobozi bw’ Umujyi wa Kigali n’ abayobozi b’ amashyirahamwe n’ amakoperative akorera muri uyu Mujyi Muri iyo (...)
>>Soma

abakora umurimo w’ubwubatsi biyemeje guca akajagari
iryo shyirahamwe rikaba ryarashinzwe mu mwaka wa 2000 ubu ribaka rifite abanyamuryango barenga ibihumbi umunani mu Mujyi wa Kigali . atangiza ibikorwa by’ iryo shyirahamwe kumugaragaro Umuyobozi w’ Umujyi wungirije (...)
>>Soma

IGISHUSHANYO CY’UMUJYI WA KIGALI CYARABONETSE
Kuva mu mwaka wa 1907, uhereye ku Mudugudu muto cyane w’abantu 10 muri quartier ya CYAHAFI, Umujyi wa Kigali wagiye waguka cyane, uva Cyahafi, ugera Gakinjiro, Nyamirambo, Nyakabanda, Kimisagara. Mu Burasirazuba (...)
>>Soma

Kigali yijihije isabukuru y’imyaka ijana imaze ishinzwe
 

Amatangazo

|:. ARRETE PRESIDENTIEL Nº25/01 DU 09/07/2012 ETABLISSANT LA LISTE DES TAXES PARAFISCALES ET AUTRES REDEVANCES PERCUES PAR LES ENTITES DECENTRALISEES ET DETERMINANT LEURS SEUILS
Soma

 
 
 
maps_rw
 
 
 
 .:: SERIVISI
 .:: SOMA
 

Icyitonderwa    FAQ     Imbonerahamwe     Andi masite
Umujyi wa Kigali © Copyright 2008
Site yakozwe na Rwanda Development Gateway