Kuri uyu wa Kabiri Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yahuguye abakirizi b’imisoro mu mirenge yose y’Umujyi wa Kigali. Atangiza amahugurwa yabereye muri salle communitaire mu Rugando mu Murenge wa Kimihurura Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Bwana Ndayisaba Fidele yabasabye ko bashishikarira kwongera ubumenye kubijyanye n’imisoro.
Mu mahugurwa yaranzwe n’inama nyinshi Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yamenyesheje abakirizi b’imisoro ko mugihe Umujyi wa Kigali unoza gahunda zo gukusanya imisoro basabwa ko bongera ingufu n’ubumenye.
Amahugurwa yashijwe n’umukoro Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yabahaye