Ubutumwa bw’Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali
Murakaza neza ku rubuga rwa Interineti rw’Umujyi wa Kigali. Uru rubuga rwashyizweho kugira ngo mushobore kugera ku buyobozi bw’Umujyi. Uru rubuga rufite akamaro kanini mu gutuma dutanga serivisi nziza dutanga amakuru yerekeye Umujyi kandi dushyiraho ubundi buryo bwo gufasha abaturage guhana amakuru n’Umujyi. Tubashimiye kuba mwaje kuri uru rubuga rwa Interineti twizera ko ruzagirira akamaro mwe ndetse (...)